UMUNARA W’UMURINZI Mutarama 2013 | Ese wagombye gutinya imperuka?

Bibiliya igaragaza ko “imperuka y’isi” ari iki?

Basomyi bacu

Guhera kuri iyi nomero, hari ingingo zatoranyijwe muri iyi gazeti zizajya zisohoka kuri interineti gusa. Soma impamvu z’iryo hinduka.

INGINGO Y'IBANZE

Imperuka y’isi itera abantu ubwoba, ikabashishikaza kandi igatuma bumva bashobewe

Umenye ibyo Bibiliya ivuga ku birebana n’imperuka bishobora kugutangaza cyane.

EGERA YEHOVA

“Wabihishuriye abana bato”

Uko wasobanukirwa ukuri ku byerekeye Imana kuboneka muri Bibiliya.

BIBILIYA IHINDURA IMIBEREHO Y’ABANTU

“Amaherezo nabonye umudendezo nyakuri.”

Iyumvire uko Bibiliya yafashije umusore kureka itabi, ibiyobyabwenge no gusinda.

TWIGANE UKWIZERA KWABO

“Aracyavuga nubwo yapfuye”

Suzuma ibintu bitatu by’ingenzi byatumye Abeli yizera Umuremyi wuje urukundo.

Ibibazo bishingiye kuri Bibiliya

Izina ry’Imana ni irihe, kandi se kuki twagombye kurikoresha?

Ibindi wasomera kuri interineti

Irinde ishyari.

Soma uko Mose yabyitwayemo igihe mukuru we na mushiki we bamugiriraga ishyari.

Jya ushimira

Babyeyi, mufashe abana banyu kumenya akamaro ko gushimira nubwo baba bakiri bato.