Soma ibirimo

Ukwizera kwatumye Nowa yumvira

Menya ukuntu Nowa yarokotse bitewe n’uko yizeye Yehova kandi akamwumvira. Inkuru ishingiye mu Ntangiriro 6:1–8:22; 9:8-16.

Ibindi wamenya

TWIGANE UKWIZERA KWABO

Nowa—“Yagendanaga n’Imana y’ukuri”

Ni ibihe bibazo Nowa n’umugore we bahuye na byo mu kurera abana babo? Ni mu buhe buryo bagaragaje ukwizera igihe bubakaga inkuge?

UMUNARA W’UMURINZI

‘Yamukijije hamwe n’abandi barindwi’

Nowa n’umuryango we barokotse bate ibihe bigoye byabayeho mu mateka y’abantu?

IBIBAZO BISHINGIYE KURI BIBILIYA

Ese inkuru ivuga iby’Umwuzure wo mu gihe cya Nowa yaba ari impimbano?

Bibiliya ivuga ko Imana yateje umwuzure ngo irimbure abantu babi. Ni ibihe bihamya Bibiliya itanga bigaragaza ko iyo nkuru yahumetswe n’Imana?

UMUNARA W’UMURINZI

Henoki: “Yashimishije Imana rwose”

Niba utunze umuryango cyangwa ukaba urwana no gukora ibyiza, ushobora kwigira ku kwizera kwa Henoki.

IBIBAZO BISHINGIYE KURI BIBILIYA

Abanefili bari bantu ki?

Bibiliya ivuga ko ari “bo bya birangirire bya kera byabaye ku isi.” Tubaziho iki?

Amasomo wavana muri Bibiliya

Inkuge ya Nowa

Abamarayika bashatse abagore, babyara abana bari bafite imbaraga zidasanzwe. Isi yari yuzuye urugomo. Nowa we yari atandukanye na bo. Yakundaga Imana kandi akayubaha.