Soma ibirimo

Uko wahangana n’amakuba

Imibabaro

Icyo Bibiliya ivuga ku mibabaro

Ese Imana yita ku bigeragezo n’agahinda kacu?

Ese imibabaro ni igihano gituruka ku Mana?

Ese Imana ijya iteza abantu indwara cyangwa andi makuba kugira ngo ibahane kubera ibyaha bakoze?

Nakora iki mu gihe ngize ibyago?

Abakiri bato baravuga icyabafashije kwihanganira ibyababayeho.

Ibyiza biri imbere

Kuki amasezerano yo muri Bibiliya atandukanye n’ay’abantu?

Umusogongero w’ibintu bihebuje bizabaho mu gihe kiri imbere

Menya ibyo Yesu azakora kugira ngo abantu bazabone paradizo.

Ese iterabwoba rizashira?

Mu gihe dutegereje ko ubwoba n’urugomo bivanwaho, hari ibintu bibiri Bibiliya idusaba gukora byafasha abantu guhangana n’ibibazo duterwa n’ibikorwa by’iterabwoba.

Ni iki nkwiriye kumenya ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina?​—Igice cya 2: Gukira ibikomere

Soma iyi nkuru wiyumvire ukuntu abakobwa bigeze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina baje gukira ibikomere by’ibyababayeho.

Ese koko Imana izi imibabaro duhura na yo?

Iyo abantu babonye imibabaro bahura na yo bibaza niba Imana ibaho. Ijambo ry’Imana ritanga igisubizo.

Kuki Imana ireka imibabaro ikabaho?

Abantu benshi bibabaza impamvu isi yuzuyemo imibabaro. Bibiliya itanga igisubizo k’icyo kibazo.

Kuki Imana yemeye ko habaho jenoside yakorewe Abayahudi?

Abantu benshi bibaza impamvu Imana ireka imibabaro ikabaho. Bibiliya itanga ibisubizo bishimishishije.

Imibabaro iri hafi kurangira

Imana yasezeranyije ko izakuraho ibiteza imibabaro byose. Izabikora ite kandi izabikora ryari?

Gupfusha

Igihe uwo wakundaga apfuye

Menya ibintu wakora bikagufasha guhangana n’agahinda.

Mu gihe ugize ibyago—Gupfusha uwawe

Hashize imyaka 16 Ronaldo apfushije abantu batanu bo mu muryango we mu mpanuka y’imodoka. Nubwo agifite agahinda, ubu yumva atuje.

Icyagufasha kwihangana—Icyo wakora ubu

Dore bimwe mu byo abantu benshi babonye ko byabafashije kwihanganira akababaro mu gihe bapfushije.

Ese ushobora gukomeza kwishimira ubuzima no mu gihe upfushije uwo wakundaga?

Ibintu bitanu byagufasha kwihangana mu gihe upfushije uwo wakundaga.

Icyo wakora mu gihe upfushije umubyeyi

Gupfusha umubyeyi birababaza cyane. Ni iki cyafasha abakiri bato kwihanganira agahinda baterwa no gupfusha?

Uko abana bakwifata nyuma yo gupfusha

Uko Bibiliya yafashije abana batatu batandukanye bapfushije umubyeyi?

Mu gihe umwana akubajije ibirebana n’urupfu

Ibintu bine byagufasha gusubiza umwana ibirebana n’urupfu no kwihanganira gupfusha.

Ni iki kitwizeza ko abapfuye bazazuka?

Bibiliya itanga impamvu ebyiri zatuma twiringira ko abapfuye bazazuka.

Bibiliya ishobora gutanga inama nziza kuruta izindi zafasha abapfushije.

Bibiliya ishobora gutanga inama nziza kuruta izindi zafasha abapfushije.

Ibiza

Ese Bibiliya yagufasha guhangana n’ihindagurika ry’ibihe?

Inama zo muri Bibiliya zagufasha kwihangana mbere y’ibiza, mu gihe k’ibiza na nyuma ya byo.

Uko wakwirinda akaga mu gihe habaye ibiza

Ibintu bishobora kurokora ubuzima bwawe n’ubw’abandi.

Ese ushobora gukomeza kwishimira ubuzima no mu gihe habaye ibiza?

Bibiliya ikugira inama zagufasha kwihangana mu gihe wagwiririwe n’ibiza.

Ni iki Bibiliya ivuga ku birebana n’ibiza?

Ese koko ibiza ni igihano k’Imana? Imana ifasha ite abagwiririwe n’ibiza?

Ukwizera kwatumye abavandimwe bo muri Filipine bihanganira ingorane batejwe n’inkubi y’umuyaga

Abarokotse baravuga uko byagenze igihe bibasirwaga n’inkubi y’umuyaga yiswe Haiyan.