Soma ibirimo

Ukwizera no gusenga

Idini

Kuba umuntu w’Imana bisobanura iki? Ese nshobora kuba umuntu w’Imana ntagira idini?

Reba inama eshatu zagufasha kuba umuntu w’Imana n’ibintu bine abantu bakunze kwibeshyaho ku kuba umuntu w’Imana.

Ese amadini yose ni kimwe? Ese yose yatugeza ku Mana?

Hari ibintu bibiri bivugwa muri Bibiliya bisubiza icyo kibazo.

Ese ni ngombwa kugira idini ubarizwamo?

Ese umuntu ashobora gusenga ku giti cye?

Nabwirwa n’iki idini ry’ukuri?

Ese umuntu yavuga ko idini runaka ari iry’ukuri ashingiye gusa ku bitekerezo bye?

Antikristo ni nde?

Ese yaraje cyangwa ntaraza?

Kuba uwera bisobanura iki?

Ese dushobora kuba abantu bera nubwo tudatunganye?

Isengesho

Ese ninsenga Imana izamfasha?

Ese koko Imana yita ku bibazo byacu?

Ese ninsenga Imana izansubiza?

Kugira ngo Imana isubize amasengesho yawe, ahanini biterwa nawe.

Uburyo bwo gusenga—Ese gusubiramo Isengesho rya Data wa twese birahagije?

Ese isengesho rya Data wa twese ni ryo sengesho ryonyine Imana yemera?

Ni iki nasaba mu isengesho?

Menya impamvu Imana yita ku bibazo bya buri muntu.

Kuki tugomba gusenga mu izina rya Yesu?

Suzuma impamvu gusenga mu izina rya Yesu byubahisha Imana, kandi bikagaragaza ko tumwubaha.

Ese twagombye gusenga abatagatifu?

Icyo Bibiliya ivuga ku birebana n’uwo twagombye gusenga.

Kuki Imana idasubiza amasengesho amwe n’amwe?

Menya ibyerekeye amasengesho Imana idasubiza n’abantu Imana idatega amatwi.

Agakiza

Ese kwizera Yesu birahagije ngo umuntu azabone agakiza?

Bibiliya ivuga ko hari abantu bizera Yesu ariko batazabona ubuzima bw’iteka. Ibyo bishoboka bite?

Agakiza ni iki?

Umuntu yakora iki ngo abone agakiza, kandi se akizwa iki?

Ni mu buhe buryo Yesu akiza?

Kuki Yesu asenga adusabira? Ese kwizera Yesu gusa birahagije kugira ngo tuzakizwe?

Kuki Yesu yapfuye?

Abantu benshi basanzwe bazi inyigisho ivuga ko Yesu yadupfiriye. Ariko se tuvugishije ukuri, kuba yarapfuye bidufitiye akahe kamaro?

Ni mu buhe buryo igitambo cya Yesu ari “incungu ya benshi”?

Ni mu buhe buryo incungu ituma dukizwa icyaha?

Kubatizwa bisobanura iki?

Muri Bibiliya harimo inkuru nyinshi zivuga iby’umubatizo wo mu mazi menshi. Inagaragaza akamaro ku kubatirizwa mu mazi menshi n’icyo bisobanura.

Kongera kubyarwa bisobanura iki?

Ese ugomba kongera kubyarwa kugira ngo ube Umukristo?

Icyaha n'imbabazi

Icyaha k’inkomoko ni iki?

Adamu na Eva basuzuguye Imana, baraga icyaha ababakomotseho

Icyaha ni iki?

Ese hari ibyaha bikomeye kurusha ibindi?

Kubabarira ni iki?

Bibiliya ivuga ibintu bitanu byagufasha kubabarira abandi.

Ese Imana izambabarira?

Reba icyo Bibiliya ivuga ku birebana n’icyo wakora kugira ngo Imana ikubabarire.

Ese Bibiliya ishobora guhumuriza abantu bahora bicira urubanza?

Dore ibintu bitatu byagufasha kureka kwicira urubanza.

Ese hariho ibyaha birindwi byicisha?

Iyo mvugo yakomotse he? Ni irihe tandukaniro riri hagati y’icyaha cyicisha n’ikiticisha?

Icyaha kitababarirwa ni iki?

Wabwirwa n’iki ko wakoze icyaha kitababarirwa?

Amagambo ngo “ijisho rihorerwe irindi,” asobanura iki?

Ese itegeko rivuga ngo “ijisho rihorerwe irindi” ryaba rishyigikira ko abantu bihorera?

Ese kunywa inzoga ni icyaha? Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Bibiliya ivuga ibyiza bya divayi n’izindi nzoga.

Ese kunywa itabi ni icyaha?

Niba kunywa itabi bitavugwa muri Bibiliya, twasubiza icyo kibazo dute?

Ese gukina urusimbi ni icyaha?

Ko Bibiliya itavuga mu buryo bweruye ibyo gukina urusimbi, twabwirwa n’iki uko Imana ibibona?

Imigenzo y'amadini

Bibiliya ivuga iki ku birebana no gutanga icya cumi?

Uko ugereranyije uko Bibiliya ivuga ku birebana no gutanga icya cumi n’uko abantu babivuga, watangara.

Ese twagombye gusenga amashusho?

Ese Imana yemera ko tuyisenga dukoresheje amashusho n’ibishushanyo?

Ese Abakristo bagomba kuziririza Isabato?

None se niba badasabwa kuyiziririza kuki hari Bibiliya zivuga ko ari isezerano ridakuka?

Ni iki Bibiliya yigisha ku birebana no kuvuga izindi ndimi?

Ese kuvuga izindi ndimi ni byo bigaragaza Abakristo b’ukuri?

Ese Bibiliya isaba Abakristo kwiyiriza ubusa?

Impamvu abantu ba kera biyirizaga ubusa. Ese Abakristo basabwa kwiyiriza ubusa?

Ni iki Bibiliya yigisha ku birebana no gutanga?

Ni ubuhe buryo bwo gutanga bushimisha Imana?

Amategeko Icumi y’Imana ni ayahe?

Ayo Mategeko yahawe ba nde? Ese Abakristo basabwa kuyubahiriza?