Soma ibirimo

Ibibazo urubyiruko rwibaza

 

Incuti

Kuki nta ncuti ngira?

Si wowe wenyine wumva utagira incuti cyangwa wumva ufite irungu. Reba uko bagenzi bawe muri mu kigero kimwe babyitwayemo.

Ni iki wakora niba ukunze kugira isoni?

Kugira isoni cyangwa gutinya abantu ntibikwiriye kukubuza kuganira n’inshuti.

Ese ni ngombwa ko nongera incuti zanjye?

Kugira incuti zimwe muhorana ushobora kumva ari byiza, ariko si ko buri gihe bigira akamaro. Kubera iki?

Ni gute nshobora kongera ubuhanga bwanjye bwo kuganira?

Inama eshatu zagufasha kugatangira kuganira n’abantu no gukomeza ikiganiro.

Ese ubu ni ubucuti gusa?—Igice cya 2: Ibyo nkora byerekana iki?

Ese incuti yawe ishobora gutekereza ko imishyikirano mufitanye atari ubucuti busanzwe? Reba inama zagufasha.

Nakora iki mu gihe inshuti yange imbabaje?

Ugomba kumenya ko abantu batabura ibyo bapfa. Wakora iki mu gihe inshuti yawe ikoze ikintu kikakubabaza?

Nakora iki ngo abandi banyemere?

Ese kwemerwa n’abantu tutabona ibintu kimwe ni byo by’ingenzi, cyangwa ik’ingenzi ni ukuba uwo ndi we?

Kuki nkunda kuvuga ibintu bidakwiriye?

Ni izihe nama zagufasha kujya utekereza mbere yo kuvuga?

Nakora iki mu gihe hari abagenda bamvuga?

Wakora iki ngo ukemure neza ikibazo cy’amazimwe?

Ese kugirana ubucuti budafite intego nta cyo bitwaye?

Mu by’ukuri ubucuti budafite intego ni iki? Kuki hari abantu bagirana ubucuti nk’ubwo? Bigira izihe ngaruka?

Ni iki namenya mu birebana no kohererezanya ubutumwa kuri telefoni?

Ubutumwa bushobora kugutanya n’incuti kandi bugatuma abantu bagufata uko utari. Isomere wumve impamvu.

Umuryango

Nakora iki ngo numvikane n’ababyeyi banjye?

Dore ibintu 5 byatuma udahora utongana n’ababyeyi bawe kandi n’igihe mutonganye ntibigere kure.

Naganira nte n’ababyeyi bange ku mategeko banshyiriraho?

Jya umenya kuganira n’ababyeyi bawe ububashye. Ushobora gutangazwa n’uko ibintu bishobora kugenda neza kurusha uko wabitekerezaga.

Ese amategeko ababyeyi bagushyiriraho agufitiye akamaro?

Ese gukurikiza amategeko ababyeyi bawe bagushyiriraho birakugora? Dore inama zagufasha.

Wakora iki mu gihe wasuzuguye ababyeyi bawe?

Ibyabaye biba byabaye ariko ushobora kugira icyo ukora kugira ngo bitarushaho kuba bibi. Iyi ngingo irakwereka icyo wakora.

Nakora iki ngo ababyeyi bange bangirire ikizere?

Kuba umuntu wiringirwa ntibireba gusa abakiri bato.

Ese wumva ababyeyi bawe badashaka kukureka ngo wishimishe?

Ese mu gihe ngiye kwishimisha nagombye gutoroka ababyeyi banjye cyangwa nababwiza ukuri?

Nakora iki mu gihe umubyeyi wanjye arwaye?

Nta bwo ari wowe wenyine uhanganye n’icyo kibazo. Menya icyafashije Emmaline na Emily kwihangana.

Ese ababyeyi bawe baratanye?

Wahangana ute n’agahinda, uburakari no kubika inzika?

Kuki ukwiriye kubana neza n’abo muvukana?

Urabakunda, ariko hari igihe bajya bakurakaza.

Nakora iki ngo ababyeyi be kwivanga mu buzima bwanjye?

Ese ubona ababyeyi basa n’aho bivanga mu buzima bwawe? Wabikoraho iki?

Ese niteguye kuva mu rugo?

Ni ibihe bibazo watekerezaho mbere yo gufata umwanzuro ukomeye?

Ikoranabuhanga

Ni iki nkwiriye kumenya ku mikino yo kuri orudinateri?

Ishobora kukugirira akamaro cyangwa ikakwangiza mu buryo utatekerezaga.

Ni iki namenya mu birebana no kohererezanya ubutumwa kuri telefoni?

Ubutumwa bushobora kugutanya n’incuti kandi bugatuma abantu bagufata uko utari. Isomere wumve impamvu.

Kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga bigufitiye akahe kamaro?

Hari abantu bashobora gukora ibintu bibi maze bakabishyira ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo bakunde bamenyekane. Kumenyekana kuri izo mbuga bigufitiye akahe kamaro?

Imbuga nkoranyambaga zingiraho izihe ngaruka?

Imbuga nkoranyambaga zirabata. Dore inama zagufasha kwirinda ko zigutesha igihe.

Gushyira amafoto kuri interineti

Gushyira amafoto kuri interineti no kureba ay’inshuti zawe, bituma umenya amakuru yazo ariko bishobora no guteza akaga.

Nakora iki niba hari abannyuzura bifashishije interineti?

Icyo ugomba kumenya n’icyo wakora kugira ngo wirinde abakunnyuzura.

Ese gukorera ibintu byinshi icyarimwe ni byo byiza?

Ese koko wakwibanda ku bintu byinshi icyarimwe?

Nakora iki ngo nge ntekereza cyane ku byo nkora?

Reba ibintu bitatu abantu bakora barangaye kubera ikoranabuhanga.

Kohererezanya ubutumwa buvuga iby’ibitsina kuri telefoni

Ese hari ukoherereza ubutumwa bw’iby’ibitsina? Ingaruka zabyo ni izihe? Ese ni ukwiganiria gusa bitagize icyo bitwaye?

Nabigenza nte mu gihe ababyeyi banjye batanyemerera gukoresha imbuga nkoranyambaga?

Bisa naho buri wese akoresha imbuga nkoranyambaga, ariko se ni byo koko? Wakora iki mu gihe ababyeyi bawe batakwemerera kuzikoresha?

Ishuri

Nakora iki ngo ntagirana ibibazo na mwarimu?

Niba ufite mwarimu ugoye, hari icyo wakora ngo ishuri ritakubihira. Gerageza gukora ibivugwa muri iyi ngingo.

Nakora iki ngo ndangize imikoro yo ku ishuri?

Niba ugira ikibazo cyo kurangiza imikoro yo ku ishuri, jya ugira umwete kandi ushyire mu gaciro.

Icyo wakora ngo kwigira mu rugo bikugirire akamaro

Muri iki gihe hari abanyeshuri benshi bigira iwabo. Dore inama eshanu zagufasha kugira ngo kwigira mu rugo bikugirire akamaro.

Ese wanga ishuri?

Ese umwarimu wawe ntagushishikaza? Ese hari amasomo wumva ko kuyiga ari uguta igihe?

Nakora iki ngo ngire amanota meza ku ishuri?

Mbere yo gufata umwanzuro wo kureka ishuri, reba ibintu bitandatu wakora kugira ngo ugire amanota meza.

Ese wumva wareka ishuri?

Niba ushaka kureka ishuri, hari ibintu byinshi ugomba kubanza gutekerezaho.

Nakora iki niba hari abannyuzura?

Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.

Ese kwiga urundi rurimi ni ngombwa?

Ni izihe nzitizi umuntu wiga urundi rurimi ahura na zo? Ese kurwiga bigira akamaro?

Ese byararemwe cyangwa byabayeho biturutse ku bwihindurize?—Igice cya 1: Kuki dukwiriye kwemera ko Imana ibaho?

Ese urifuza kurushaho kwigirira icyizere mu gihe usobanurira abandi impamvu wemera ko Imana ibaho? Dore inama zagufasha mu gihe hagize ukunenga bitewe n’uko wemera Imana.

Ese byararemwe cyangwa byabayeho biturutse ku bwihindurize?—igice cya 4: Nasobanurira abandi nte impamvu nemera irema?

Si ngombwa ko uba umuhanga mu bya siyansi ngo ubashe gusobanura impamvu ubona ko kwemera ko Imana ari yo yaremye ibintu byose biri ku isi, ari byo bishyize mu gaciro. Jya ukoresha ibitekerezo byiza kandi byoroheje biboneka muri Bibiliya.

Ubumenyi

Nategeka nte ibyiyumvo byange?

Kuba abakiri bato benshi bagira ibyiyumvo bihindagurika ni ibintu bisanzwe. Ariko igishimishije ni uko ushobora kumenya uko wategeka ibyiyumvo byawe.

Nakwirinda nte kugira ibitekerezo bibi?

Gutekereza kuri ibi bibazo bikurikira bizagufasha kurangwa n’ikizere.

Nakora iki ngo ntegeke uburakari?

Imirongo y’Ibyanditswe itanu yagufasha gukomeza gutuza mu gihe hagize ugushotora.

Nakora iki ngo nirinde imihangayiko?

Ibintu bitandatu byagufasha kwirinda imihangayiko.

Nahangana nte n’agahinda ko gupfusha?

Bifata igihe kugira ngo agahinda gaterwa no gupfusha kagabanuke. Genzura inama zatanzwe muri iyi ngingo, uhitemo iyagufasha kurusha izindi.

Nakora iki mu gihe ngize ibyago?

Abakiri bato baravuga icyabafashije kwihanganira ibyababayeho.

Ni iki cyamfasha gutsinda ibishuko?

Reba ibintu bitatu byagufasha kurwanya ibyifuzo bibi.

Nakora iki ngo nkoreshe igihe neza?

Dore ibintu bitanu byagufasha gukoresha neza igihe ufite.

Nakwirinda nte umunaniro ukabije?

Ni iki kibitera? Ese uhorana umunaniro? Niba ari uko bimeze se wakora iki?

Nakora iki ngo ncike ku ngeso yo kurazika ibintu?

Reba inama zagufasha gucika ku ngeso yo kurazika ibintu

Nagenzura nte uko nkoresha amafaranga?

Ese nturajya mu iduka ujyanywe no kureba ibyo bacuruza, ukavamo uguze ikintu gihenze? Niba byarakubayeho iyi ngingo ishobora kugufasha.

Nakora iki mu gihe nakoze amakosa?

Twese dukora amakosa, ariko si ko twese tuyavanamo amasomo.

Nitwara nte iyo ngiriwe inama?

Abantu benshi ni ba nkomwa hato, baba bifuza ko ubabwira ibyo bashaka kumva. Ibyo bituma bigira indakoreka ku buryo batemera kugirwa inama. Ese nawe ni uko?

Kuki ukwiriye kuba inyangamugayo?

Ese abantu batari inyangamugayo ntibabayeho neza?

Ese nitwara neza?

Bamwe mu rubyiruko bahabwa umudendezo uruta uw’abandi. Biterwa n’iki?

Ese ushoboye guhangana n’ibibazo?

Kubera ko tudashobora kwirinda ingorane zose, tugomba kwitoza guhangana na zo, uko zaba zimeze kose.

Nakora iki ngo nge ntekereza cyane ku byo nkora?

Reba ibintu bitatu abantu bakora barangaye kubera ikoranabuhanga.

Ese kwiga urundi rurimi ni ngombwa?

Ni izihe nzitizi umuntu wiga urundi rurimi ahura na zo? Ese kurwiga bigira akamaro?

Ese niteguye kuva mu rugo?

Ni ibihe bibazo watekerezaho mbere yo gufata umwanzuro ukomeye?

Ni iki wakora niba ukunze kugira isoni?

Kugira isoni cyangwa gutinya abantu ntibikwiriye kukubuza kuganira n’inshuti.

Nakora iki ngo abandi banyemere?

Ese kwemerwa n’abantu tutabona ibintu kimwe ni byo by’ingenzi, cyangwa ik’ingenzi ni ukuba uwo ndi we?

Ese kugira ikinyabupfura hari icyo bimaze?

Ese kugira ikinyabupfura ntibigihuje n’igihe tugezemo cyangwa no muri iki gihe bifite akamaro?

Kuki nkunda kuvuga ibintu bidakwiriye?

Ni izihe nama zagufasha kujya utekereza mbere yo kuvuga?

Ese ni ngombwa ko nsaba imbabazi?

Dore impamvu eshatu zagombye gutuma usaba imbabazi nubwo waba wumva atari wowe uri mu ikosa.

Kuki nagombye gufasha abandi?

Kugirira abandi neza bikugirira akamaro mu buryo bubiri? Ni ubuhe?

Nakora iki mu gihe hari abagenda bamvuga?

Wakora iki ngo ukemure neza ikibazo cy’amazimwe?

Nakora iki mu gihe inshuti yange imbabaje?

Ugomba kumenya ko abantu batabura ibyo bapfa. Wakora iki mu gihe inshuti yawe ikoze ikintu kikakubabaza?

Nakora iki niba hari abannyuzura?

Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.

Uwo uri we

Kuki utagombye kwigana abantu ubona mu itangazamakuru?—Igice cya 1: Ibireba abakobwa

Hari abakiri bato benshi bibwira ko barimo bitoza imico igomba kubaranga, ariko mu by’ukuri bakaba barimo bigana ibyo babonye mu itangazamakuru.

Kuki utagombye kwigana abantu ubona mu itangazamakuru?—Igice cya 2: Ibireba abahungu

Ese kwigana abantu ubona mu itangazamakuru byaba bituma abandi batagukunda?

Ese nitwara neza?

Bamwe mu rubyiruko bahabwa umudendezo uruta uw’abandi. Biterwa n’iki?

Ni gute nshobora kongera ubuhanga bwanjye bwo kuganira?

Inama eshatu zagufasha kugatangira kuganira n’abantu no gukomeza ikiganiro.

Kuki ukwiriye kuba inyangamugayo?

Ese abantu batari inyangamugayo ntibabayeho neza?

Ese ushoboye guhangana n’ibibazo?

Kubera ko tudashobora kwirinda ingorane zose, tugomba kwitoza guhangana na zo, uko zaba zimeze kose.

Nitwara nte iyo ngiriwe inama?

Abantu benshi ni ba nkomwa hato, baba bifuza ko ubabwira ibyo bashaka kumva. Ibyo bituma bigira indakoreka ku buryo batemera kugirwa inama. Ese nawe ni uko?

Natoza umutimanama wange nte?

Umutimanama wawe ugaragaza uwo uri we n’amahame ugenderaho. None se umutimanama wawe ugaragaza ko uri muntu ki?

Ese naba mpora nifuza gukora ibintu mu buryo butunganye?

Wamenya ute itandukaniro riri hagati yo gushaka gukora ibintu neza no guhatanira gukora ibintu mu buryo butunganye?

Kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga bigufitiye akahe kamaro?

Hari abantu bashobora gukora ibintu bibi maze bakabishyira ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo bakunde bamenyekane. Kumenyekana kuri izo mbuga bigufitiye akahe kamaro?

Ni iki cyamfasha kureka kubaho nishushanya?

Inama enye zagufasha kureka kubaho wishushanya.

Nahitamo nte umuntu nakwigana wambera urugero rwiza?

Kugira umuntu w’intangarugero wakwigana bikurinda ibibazo kandi bikagufasha kugera ku ntego zawe. Ariko se, ni nde wakwigana?

Kuki nagombye gufasha abandi?

Kugirira abandi neza bikugirira akamaro mu buryo bubiri? Ni ubuhe?

Nakora iki mu gihe nakoze amakosa?

Twese dukora amakosa, ariko si ko twese tuyavanamo amasomo.

Ni iki cyamfasha gutsinda ibishuko?

Reba ibintu bitatu byagufasha kurwanya ibyifuzo bibi.

Nambara nte?

Menya uko wakwirinda amakosa atatu akomeye.

Ese mpangayikishwa n’isura yanjye?

Niba uhangayikishwa n’isura yawe, wakora iki ngo ntibiguteshe umutwe?

Ese kwishushanya ku mubiri birakwiriye?

Ni iki cyagufasha gufata umwanzuro mwiza?

Ingeso

Ese koko gutukana ni bibi?

Ese ko kuvuga amagambo mabi byogeye byaba ari bibi?

Kuki ugomba kwirinda porunogarafiya?

Kureba porunogarafiya no kunywa itabi bihuriye ku ki?

Ese wabaswe na porunogarafiya?

Bibiliya ishobora kugufasha gusobanukirwa icyo porunogarafiya ari cyo.

Ni iki cyamfasha gutsinda ibishuko?

Reba ibintu bitatu byagufasha kurwanya ibyifuzo bibi.

Ese gukorera ibintu byinshi icyarimwe ni byo byiza?

Ese koko wakwibanda ku bintu byinshi icyarimwe?

Nakora iki ngo ncike ku ngeso yo kurazika ibintu?

Reba inama zagufasha gucika ku ngeso yo kurazika ibintu

Igihe cyo kwirangaza

Ese umuzika uwo ari wo wose nahitamo hari icyo utwaye?

Menya uko wahitamo neza umuzika wumva kuko ushobora kukugiraho ingaruka.

Ni iki nkwiriye kumenya ku mikino yo kuri orudinateri?

Ishobora kukugirira akamaro cyangwa ikakwangiza mu buryo utatekerezaga.

Ni iki ukwiriye kumenya kuri siporo?

Genzura imikino ukunda, uko uyikina n’igihe umara uyikina.

Nakora iki ngo nkoreshe igihe neza?

Dore ibintu bitanu byagufasha gukoresha neza igihe ufite.

Nakora iki niba numva nigunze?

Ese guhugira mu bikoresho bya eregitoroniki ni wo muti? Ese uko witwara bishobora gutuma irungu rigabanuka?

Ese ubupfumu nta cyo butwaye?

Abantu benshi basigaye bashishikazwa cyane no kuragurisha inyenyeri, abaragurisha umutwe, iby’amavampaya, ubupfumu, n’iby’abazimu. Ese koko byaba biteje akaga?

Ese wumva ababyeyi bawe badashaka kukureka ngo wishimishe?

Ese mu gihe ngiye kwishimisha nagombye gutoroka ababyeyi banjye cyangwa nababwiza ukuri?

Ibitsina

Nakora iki mu gihe hari umbuza amahwemo ashaka ko turyamana?

Menya icyo kubuzwa amahwemo n’umuntu ushaka ko muryamana bisobanura, n’uko wabyitwaramo mu gihe bikubayeho.

Ni iki nkwiriye kumenya ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina?​—Igice cya 2: Gukira ibikomere

Soma iyi nkuru wiyumvire ukuntu abakobwa bigeze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina baje gukira ibikomere by’ibyababayeho.

Nasobanurira abandi nte uko mbona ibirebana n’ibitsina?

Niba hari abajya bakubaza niba ukiri isugi, ese wabasobanurira icyo Bibiliya ibivugaho?

Ese kwendana mu kanwa ni ugusambana?

Ese umuntu wendana mu kanwa aba akiri isugi?

Ese ubutinganyi ni bubi?

Ese Bibiliya yigisha ko abatinganyi ari abantu babi? Ese Umukristo yashimisha Imana kandi yumva ararikiye uwo bahuje igitsina?

Nakwirinda nte abashaka ko turyamana?

Suzuma ibyo abantu bavuga ku birebana n’imibonano mpuzabitsina. Umenye ukuri n’ikinyoma bizatuma ufata imyanzuro myiza.

Nakwirinda nte guhora ntekereza iby’ibitsina?

Wakora iki mu gihe utangiye gutekereza iby’ibitsina?

Umuhigo wo kuba isugi

Ese uwo muhigo wagufasha kwirinda imibonano mpuzabitsina mbere yo gushaka?

Kohererezanya ubutumwa buvuga iby’ibitsina kuri telefoni

Ese hari ukoherereza ubutumwa bw’iby’ibitsina? Ingaruka zabyo ni izihe? Ese ni ukwiganiria gusa bitagize icyo bitwaye?

Kuki ugomba kwirinda porunogarafiya?

Kureba porunogarafiya no kunywa itabi bihuriye ku ki?

Ese wabaswe na porunogarafiya?

Bibiliya ishobora kugufasha gusobanukirwa icyo porunogarafiya ari cyo.

Ni iki cyamfasha gutsinda ibishuko?

Reba ibintu bitatu byagufasha kurwanya ibyifuzo bibi.

Kurambagiza

Ese niteguye kurambagiza?

Ibintu bitanu byagufasha kumenya niba witeguye kurambagiza no gushaka.

Ni iki wakwitega mu gihe cyo kurambagiza?

Ibintu bitatu mugomba kuzirikana mu gihe muri kurambagizanya.

Ese kugirana ubucuti budafite intego nta cyo bitwaye?

Mu by’ukuri ubucuti budafite intego ni iki? Kuki hari abantu bagirana ubucuti nk’ubwo? Bigira izihe ngaruka?

Ese ubu ni ubucuti gusa?—Igice cya 1: Ibyo mbona bisobanura iki?

Dore inama zagufasha kumenya niba umuntu agukunda cyangwa niba muri incuti bisanzwe.

Ese ubu ni ubucuti gusa?—Igice cya 2: Ibyo nkora byerekana iki?

Ese incuti yawe ishobora gutekereza ko imishyikirano mufitanye atari ubucuti busanzwe? Reba inama zagufasha.

Kurambagiza—Igice cya 3: Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?

Ese wagombye gukomeza gukundana n’umuntu niba hari ibintu ushidikanyaho? Iyi ngingo ishobora kugufasha gufata umwanzuro.

Nabyifatamo nte mu gihe ambenze?

Menya uko wakira ibikomere watewe no guhagarika ubucuti.

Ubuzima

Nahangana nte n’ikibazo cy’uburwayi?—Igice cya 1

Abana bane basobanura icyabafashije guhangana n’ibibazo by’ubuzima no gukomeza kurangwa n’icyizere.

Nahangana nte n’ikibazo cy’uburwayi?​—Igice cya 2

Soma inkuru z’abahanganye n’ibibazo bikomeye by’uburwayi ariko bagakomeza kurangwa n’icyizere.

Nahangana nte n’ikibazo cy’uburwayi? (Igice cya 3)

Soma inkuru y’ingimbi n’abangavu yagufasha kwihangana.

Nakwitwara nte ngeze mu gihe cy’amabyiruka?

Menya icyo wakora kugira ngo uhangane n’iryo hinduka.

Nakwirinda nte umunaniro ukabije?

Ni iki kibitera? Ese uhorana umunaniro? Niba ari uko bimeze se wakora iki?

Ese kunywa inzoga ni bibi?

Menya icyo wakora ngo wirinde guhanwa n’amategeko, kuvugwa nabi, gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gupfa no kubatwa n’inzoga.

Ni iki ukwiriye kumenya ku birebana no kunywa itabi risanzwe n’itabi basharija?

Ibyo bagenzi bawe cyangwa ibyamamare bakora banywa itabi bigira ingaruka zirenze ibyo bita kwishimisha. Menya ibibazo itabi rishobora kuguteza n’uko wabyirinda.

Nakora iki ngo nsinzire bihagije?

Reba ibintu birindwi bishobora kugufasha gusinzira neza.

Nakora iki ngo nshishikarire gukora siporo?

Uretse kuba siporo ituma umuntu agira ubuzima bwaza, haba hari ikiza cyo kuyikora buri gihe?

Nakora iki ngo ndye indyo yuzuye?

Kuva ukiri muto uba ugomba kurya indyo yuzuye kugira ngo uzakure neza.

Nakora iki ngo ngabanye ibiro?

Niba wifuza kugabanya ibiro, ntugahangayikishwe birenze urugero n’ibyo urya, ahubwo uge witoza kurya ibyokurya by’ingirakamaro.

Ibyiyumvo

Nategeka nte ibyiyumvo byange?

Kuba abakiri bato benshi bagira ibyiyumvo bihindagurika ni ibintu bisanzwe. Ariko igishimishije ni uko ushobora kumenya uko wategeka ibyiyumvo byawe.

Nakwirinda nte kugira ibitekerezo bibi?

Gutekereza kuri ibi bibazo bikurikira bizagufasha kurangwa n’ikizere.

Nahangana nte no kwiheba?

Ibi bintu byagufasha gukira indwara yo kwiheba.

Nakora iki ngo nirinde imihangayiko?

Ibintu bitandatu byagufasha kwirinda imihangayiko.

Nakora iki ngo ntegeke uburakari?

Imirongo y’Ibyanditswe itanu yagufasha gukomeza gutuza mu gihe hagize ugushotora.

Ese naba mpora nifuza gukora ibintu mu buryo butunganye?

Wamenya ute itandukaniro riri hagati yo gushaka gukora ibintu neza no guhatanira gukora ibintu mu buryo butunganye?

Ese ushoboye guhangana n’ibibazo?

Kubera ko tudashobora kwirinda ingorane zose, tugomba kwitoza guhangana na zo, uko zaba zimeze kose.

Nahangana nte n’agahinda ko gupfusha?

Bifata igihe kugira ngo agahinda gaterwa no gupfusha kagabanuke. Genzura inama zatanzwe muri iyi ngingo, uhitemo iyagufasha kurusha izindi.

Nakora iki mu gihe ngize ibyago?

Abakiri bato baravuga icyabafashije kwihanganira ibyababayeho.

Nabingenza nte niba kubaho bindambiye?

Inama enye z’ingirakamaro zagufasha guhangana no kumva urambiwe kubaho.

Nakora iki niba hari abannyuzura?

Abenshi mu bannyuzurwa bumva nta cyo bamaze. Iyi ngingo isobanura icyo wakora ngo ukemure icyo kibazo.

Nakora iki niba hari abannyuzura bifashishije interineti?

Icyo ugomba kumenya n’icyo wakora kugira ngo wirinde abakunnyuzura.

Imbuga nkoranyambaga zingiraho izihe ngaruka?

Imbuga nkoranyambaga zirabata. Dore inama zagufasha kwirinda ko zigutesha igihe.

Nakwitwara nte ngeze mu gihe cy’amabyiruka?

Menya icyo wakora kugira ngo uhangane n’iryo hinduka.

Kuki nikebagura?

Abakiri bato benshi bahanganye n’ikibazo cyo kwibabaza. Niba ibyo bijya bikubaho se, wakura he ubufasha?

Nakwirinda nte umunaniro ukabije?

Ni iki kibitera? Ese uhorana umunaniro? Niba ari uko bimeze se wakora iki?

Ni iki nkwiriye kumenya ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina?​—Igice cya 2: Gukira ibikomere

Soma iyi nkuru wiyumvire ukuntu abakobwa bigeze gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina baje gukira ibikomere by’ibyababayeho.

Gukorera Imana

Ese byararemwe cyangwa byabayeho biturutse ku bwihindurize?—Igice cya 1: Kuki dukwiriye kwemera ko Imana ibaho?

Ese urifuza kurushaho kwigirira icyizere mu gihe usobanurira abandi impamvu wemera ko Imana ibaho? Dore inama zagufasha mu gihe hagize ukunenga bitewe n’uko wemera Imana.

Ese byararemwe cyangwa byabayeho biturutse ku bwihindurize?—igice cya 4: Nasobanurira abandi nte impamvu nemera irema?

Si ngombwa ko uba umuhanga mu bya siyansi ngo ubashe gusobanura impamvu ubona ko kwemera ko Imana ari yo yaremye ibintu byose biri ku isi, ari byo bishyize mu gaciro. Jya ukoresha ibitekerezo byiza kandi byoroheje biboneka muri Bibiliya.

Kuki nagombye gusenga?

Ese isengesho ni uburyo butuma umuntu yumva utuje gusa, cyangwa rifite akandi kamaro?

Kuki dukwiriye kujya mu materaniro abera ku Nzu y’Ubwami?

Inshuro ebyiri mu cyumweru, Abahamya ba Yehova bagira amateraniro abera ku Nzu y’Ubwami. Hakorerwa iki, kandi se ni iki wakora ngo kujya mu materaniro bikugirire akamaro?

Ni iki cyamfasha kureka kubaho nishushanya?

Inama enye zagufasha kureka kubaho wishushanya.

Bibiliya yamfasha ite?—Igice cya 1: Suzuma ibiri muri Bibiliya yawe

Ese uramutse ubonye isanduku ya kera irimo ibintu by’agaciro, ntiwagira amatsiko yo kumenya ikirimo? Bibiliya na yo ni nk’iyo sanduku, irimo ubwenge bw’agaciro.

Bibiliya yamfasha ite?—Igice cya 2: Ishimire gusoma Bibiliya

Ibintu bitanu byagufasha gusobanukirwa Ibyanditswe.

Bibiliya yamfasha ite?—Igice cya 3: Rushaho kungukirwa n’ibyo usoma muri Bibiliya

Inama enye zishobora kugufasha kungukirwa n’ibyo usoma muri Bibiliya.

Natoza umutimanama wange nte?

Umutimanama wawe ugaragaza uwo uri we n’amahame ugenderaho. None se umutimanama wawe ugaragaza ko uri muntu ki?

Ese nkwiriye kubatizwa?—Igice cya 1: Icyo kubatizwa bisobanura

Niba utekereza kubatizwa, ugomba kubanza kumenya icyo bisobanura.

Ese nkwiriye kubatizwa?—Kwitegura kubatizwa

Isuzume ukoresheje ibi bibazo kugira ngo umenye niba witeguye kubatizwa.

Ese nkwiriye kubatizwa?—Ni iki kimbuza kubatizwa?

Iyi ngingo ishobora kugufasha niba ujya wumva utewe ubwoba no kwiyegurira Yehova ukabatizwa.

Ni iki ngomba gukora nyuma yo kubatizwa?—Igice cya 1: Komeza gukora ibintu byagufasha kuba incuti y’Imana

Numara kubatizwa, uzakomeze kugirana ubucuti n’Imana. Uzakomeze kwiyigisha Bibiliya, gusenga, kubwiriza no kujya mu materaniro.

Ingingo za kera

Ingingo zifite umutwe uvuga ngo “Ibibazo Urubyiruko rwibaza” zasohotse muri Nimukanguke!

Soma ingingo zifite umutwe uvuga ngo: “Ibibazo Urubyiruko Rwibaza” zasohotse muri Nimukanguke! hagati y’umwaka wa 1982 n’uwa 2012.

Ese uyu ni we dukwiranye?

Wakora iki ngo wirinde kureba ibigaragarira amaso gusa, maze umenye incuti yawe neza?

Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?​—Igice cya 1

Abashyingiranywe babana akaramata. Ku bw’ibyo, niba ushidikanya ku muntu murimo murambagizanya, ntukirengagize ibyiyumvo byawe!

Ese duhagarike ubucuti twari dufitanye?—Igice cya 2

Guhagarika ubucuti ntibyoroshye. Ni ubuhe buryo bwiza wabikoramo?